U Rwanda rwahawe miliyoni 18$ zo kwagura umushinga wa Green Amayaga mu Ntara y’Amajyepfo
Mu ntambwe ikomeye igamije kongerera igihugu ubushobozi bwo guhangana n’ihindagurika ry’ibihe no gusana ibidukikije, Ikigega Mpuzamahanga cyita ku bidukikije (GEF)